WASAC yaburiye abatuye Umujyi wa Muhanga ko bagiye kubura amazi
Ubuyobozi bw'Ikigo gishinzwe Isuku n'isukura (WASAC) buvuga ko abatuye mu Mujyi wa…
Abayoboke b’amadini n’amatorero barokotse jenoside bashishikarijwe gutanga imbabazi
Nyanza: Ubuyobozi bw'amadini n'amatorero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza bwashishikarije…
Kamonyi: Abarenga 500 bamaze guhabwa akazi mu nganda zihakorera
Muri aka Karere ka Kamonyi, hari inganda nto n'iziciriritse zigera kuri 36,…
Umurambo w’umusore wabonetse mu Kivu
Nyamasheke: Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu mu murenge wa Kanjongo…
Ibyo wamenya ku irerero ry’abana bavuka ku babyeyi batewe inda imburagihe
Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Kinigi hatashywe irerero, ECD, rigezweho…
Barasaba Leta ingurane z’imitungo yangijwe hakorwa umuhanda Ngoma – Bugesera – Nyanza
Bugesera: Abaturiye umuhanda Ngoma - Ramiro mu Karere ka Bugesera bafite imitungo…
Polisi iratanga ubutumwa nyuma y’uko umuturage abonye imbunda 2
Rubavu: Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburengerazuba yabwiye UMUSEKE ko abantu bakwiye…
Aho bagemuraga amata hameze ibyatsi bahitamo kuyajyana mu bamamyi
NYAMASHEKE: Aborozi bagemuraga umukamo ku Ikusanyirizo ry'amata ryubatse mu Mudugudu wa Ruvumbu,…
Musanze: Urugomero rw’amashanyarazi ruri muri metero 200 ariko bacana udutadowa
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Rwaza, mu…
Ngoma: Bambukira mu bwato bwashyira ubuzima mu kaga
Abakoresha ikiraro gihuza Akarere ka Ngoma na Bugesera bavuga ko bafitiye impungenge…
Nyamagabe: Abajyanama begereye abaturage ngo bumve ibibazo bafite
Abari mu nama Njyanama y'Akarere ka Nyamagabe bose begereye abaturage ngo bumve…
Horah Group Ltd yatanze inkunga yo gufasha abahuye n’ibiza
Ikigo Horah Group Ltd gitunganya ikinyobwa kitwa Umwenya, kifatanyije n'abaturage bo mu…
Bugesera: Kwibuka imiryango yazimye ni urwibutso ruhoraho
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi 1994…
Abatutsi b’i Cyangugu ntibiyishe, intashyo Minisitiri Bizimana yageneye Twagiramungu Rukokoma
RUSIZI: Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene yasabye abarakotse…
Bugesera: Imyaka 12 irihiritse banywa amazi mabi y’igishanga
Abaturage bo mu kagari Cyabasonga, Umurenge wa Juru, mu Karere ka Bugesera…