Ikigo giteza imbere ubwikorezi bw’ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi, Spiro Rwanda, kivuga ko kirimo gukora sitasiyo nini zizafasha gusharija bateri nyinshi mu…
Umugabo wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we aho umurambo wa nyakwigendera wasanzwe mu mazi…
Ubushakashatsi bwa karindwi ku Buzima n'Imibereho y'Abaturage mu Rwanda, DHS, bugaragaza ko abagore bangana na 7% n’abagabo bangana na 15%…
Mu gihe icyerekezo cy'u Rwanda ari ukubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi n'ikoranabuhanga, Ikigo TAJYIRE Group Holdings Ltd cyatangije gahunda eshatu…
Abaturage bafatanyije n'ubuyobozi bw'akarere ka Ruhango, Ingabo z'igihugu na Polisi batashye ibikorwaremezo byubakiwe abaturage. Mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora ku…
Muhanga: Inkongi y'Umuriro w'amashanyarazi yangije bimwe mu bikoresho byo mu Kigo Nderabuzima cya Rugendabari. Mu byangiritse harimo amafishi abakoresha Mituweli bifashisha mu kwivuza, ndetse na seriveri ya Internet. Byabaye mu…
Ubushakashatsi bwa karindwi ku Buzima n'Imibereho y'Abaturage mu Rwanda, DHS, bugaragaza ko abagore bangana na 7% n’abagabo bangana na 15% banywa inzoga buri munsi. Imibare yavuye muri ubwo bushakashatsi bwashyizwe…
Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo yoherejwe mu kigo cya ‘Isange Rehabilitation Centre’ i Huye kirogora ubumara bw’ibiyobyabwenge kandi kikanafasha ababaswe na byo kubicikaho. Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi…
Iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubuhanzi rya Ubumuntu Arts Festival rigiye kongera kubera i Kigali kuva ku wa 13-19 Nyakanga 2026, aho ryitezweho guhuza abahanzi, abanditsi, abakinnyi b’ikinamico n’abakunzi b’ibikorwa by’ubuhanzi bazaba baturutse…
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Mojtaba Khamenei, yabujijwe kwitabira imihango yo gushingura…
Komisiyo y’Umutwe w’Abadepite ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) yanenze…
Komisiyo y'Umutwe w'Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'Imari n'Umutungo bya Leta (PAC) yagaragaje…
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ryatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje…
Abantu 10 bamaze kwemezwa ko bahitanywe n'igitero gikomeye u Burusiya bwagabye ku…
Mu birori byo kwizihiza imyaka 64 u Burundi bumaze bubonye ubwigenge, Igisirikare…
Karidinali Fridolin Ambongo, Arikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa, yavuze ko nyuma y'imyaka 66…
Imvururu zadutse mu Nteko Ishinga Amategeko ya Sénégal nyuma y'uko umwe mu…
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi yatangaje ko…
Ibihugu byinshi byo ku mugabane w’u Burayi byibasiwe n’ubushyuhe bukabije burengeje impuzandengo…
Ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko ibikorwa bihuza…
Umucuruzi wakoreraga muri Africa y’Epfo ariko akomoka muri Nigeria yarashwe ari imbere…




Abayobozi bakuru no mu nzego zitandukanye bitabiriye ibirori by'iyimikwa ry'Umutware w'abiyita Abagogwe b'Abakono mu Kinigi kuri ubu ntibari kugaragara mu…
Mu mihanda ya Kigali na Bugesera, abahatuye n’abahajyenda by’umwihariko abakunzi b’isiganwa ry’imodoka bazabona uko abahanga mu kuzicanira no kuzikata basiganwa.…
UPDATE: Umunyabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kimisagara, Charles Havuguziga yabwiye Umuseke ko imyirondoro y'uriya mugabo itamenyekanye. Ubutumwa bugufi yatwandikiye yagize ati…
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko ishyaka rye riteganya kurega Leta…
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare, , Brig Gen Patrick Karuretwa,yasabye abitabiriye Itorero…

Nyuma yo kwambika impeta umukunzi we, Mudacumura Sunny Fabiola amusaba kuzamubera umugore, Banamwana Camarade utoza Sunrise FC yatangaje ko ubukwe…
Abantu 10 bari mu bikorwa byo kubaka ,bagwiriwe na clôture y’inyubako y’igorofa bari begeranye, umuntu ahita yitaba Imana. abandi barakomereka.…
Nyuma yo gusezerera ikipe y’Igihugu ya Sénégal ayitsinze ibitego 3-2 mu mukino wa 1/16 w’Igikombe cy’Isi 2026, umutoza w’ikipe y’Igihugu,…
Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse…
Umuhanzi w’icyamamare mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana muri Tanzania, Harun Laston yageze mu Mujyi wa Kigali aho yatumiwe mu gitaramo…
Zion Temple Ntarama, rimwe mu matorero ya Zion Temple Celebration Center ku Isi, igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka itanu imaze ishinzwe,…
Zion Sulaiman Mukasa Matovu, umwanditsi, umukinnyi n’umuyobozi wa filime, yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”, igaragaza ko ukomoka mu muco w’Abanyarwanda…
Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 078877281 Amwe mu mashuri ya Kaminuza zo mu Rwanda, yafashe icyemezo gikumira abanyeshuri biga…
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Right Watch (HRW), muri raporo yayo ya 2022 ku burenganzira bwa muntu,…
Impunzi z'Abarundi 95 zambutse umupaka uhuza u Rwanda n'u Burundi, zitashye iwabo ku bushake, kikaba ari icyiciro cya 65 cy'Abarundi…
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yavuze imbwirwaruhame amurikiwe n'itoroshi nyuma y'uko umuriro umuburiyeho ari kuvuga ijambo mu Nteko Ishinga Amategeko.…
Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Zimbabwe yavuze ko yatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida Paul Kagame bwo guha u…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu wa Zimbabwe, Daniel Garwe, yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye inkunga ya toni 1000 z’ibigori, agaragaza…
Umuramyi Zikama Tresor uherutse gushyira hanze indirimbo yise ‘Ni Muzima’ yahishuye ko inganzo yo kuririmbira Imana yayikomoye ku babyeyi be…
Ikigo cy’Imari cyo kuzigama no kuguriza (ZIGAMA CSS) cyatangaje ko cyungutse miliyari zisaga 22.8 frw mu mwaka wa 2022, akaba…
Bank ya Zigama CSS yatsinze Equity Bank ibitego 3-2, yegukana igikombe cy’irushanwa rihuza ama-Bank, “Inter-Bank” mu gihe Bank ya Kigali…
Nyuma y'amagambo arimo agasusuguzo yavuze kuri Zinedine Zidane, uwari umuyobozi w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Bufaransa , Noël Le Graët yegujwe…
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena 2024, yavanye ku mirimo Zephanie Niyonkuru wari Umunyamabanga Uhoraho…
Sign in to your account