Police yo yatsinze Kiyovu SC bitayigoye Imikino y’umunsi wa 14 wa shampiyona, Rayon Sports yatsinze 5 kuri kimwe cya Mukura VS yari yanayibanje mu gice cya mbere cy’umukino naho Police FC itsinda 3-1 Kiyovu SC. Rayon Sports
IrambuyeNafashe moto nerekeza mu rugo, bidatinze nageze ku muryango w’ igipangu, nishyura moto, nkinjira nakubitanye na Gaelle ari kumwe na mukuru we, ndetse na Papa Mwezi, n’ abandi bantu ntazi nka bane umutima urankuka nshaka gusubia inyuma ariko bari bandangije.
Njyewe-“Ni aha turahageze Cherie!” Kevine-“Ntibishoboka?” Njyewe-“Ahubwo reka nze mvemo nkingure imodoka yinjiramo nta kibazo rwose” Kevine-“Buretse gato Ganza! Uyu ni umuryango w’ igipangu k’ inzu yawe waguze Ganza?” Njyewe-“Bite se ko mbona….Cherie! Bite ko mbona wagira ngo…reka nze nkingure twinjire…”
Agasaro-“Ese ubundi urukundo rwanyu ukuririza rushyigikiwe nande? Mbwira Ganza! Mbwiza ukuri niba umuryango wawe ugushyigikiye menye neza umugisha ufite kuko urasumbirijwe kandi wishutse wese nta nurugingo ufite rutazababazwa nibizakubaho” Njyewe-“Agasa! Ibyo ….ibyo uvuga uri kubikura hehe? Ngo…ngo….ntabwo mbyumva neza Umva
Agasaro yarambuye ikiganza, ngifatamo ndamwegera, turebana tudahumbya, nongeye kugira imbabazi mbora igitonyanga kimanuka ku matama ye, maze kumuhanagura yitsa umutima ubugira kabiri, mu gihe nari nteze yombi hari umuntu wakomanze turikanga, Njyewe-“Eeeh! Agasa! Uwo ninde? Hari umuntu mwari mufitanye gahunda?”
Ganza! Ishyano rigwa iyo intwari nyuma yiswe ikigwari kandi sinshaka kugwisha ishyano mu muryango, njye na Annie ntabwo tugushyigikiye mu gusoroma ibigusumba yewe ukageza aho utanga ibyawe byose?, Ganza! uzabage wifashe!” Njyewe-“Ngo? Ntwari! Kuki mwakwitandukanya najye kuko nakunze? Ese mwigeze
Mu gihe nari ngisoma iyo message, amaso yanjye areba muri telephone ubudahumbya nikanze umuntu winjira aho nari nicaye, mu gihe nkyubura amaso nakubise amaso Gaelle wari uhagaze imbere yanjye, Njyewe-“Eeeh! Gae! Bite se? Uziko nari nikanze iyo ntaba umusore” Burya
Mwezi-“Ganza! Umunyarwanda niwe wabivuze neza ngo: “Umusore utirariye ntarongora inkumi” Urabyumva ute? Nako se wahera he ubyanga? Mbwira ahubwo, uriteguye?” Nkimara kumva ibyo Mwezi yambwiye nikije umutima, ndongera ndawitsa, nkura agatambaro mu mufuka nihanagura mu maso, si ukubeshya ururimi rwaragobwe,
Twafashe urugendo tuva I Masoro twerekeza kuri stock, wa mushoferi nyiri gupanga umugambi mubisha kamere muntu ikemera guhuza amatwi ariko umutima bikarangira unangiye twamusize aho, n’ amafaranga namuhaye yarayanze ndayigumanira, icyo gikombe k’ igishuko kindenga utyo. Twageze kuri stock nka