Amakuru Amaheruka

Abakuru b’ibiguhu 6 bitabiriye Africa CEO Forum i Kigali

UPDATED: 00h20 - Mu masaha y'umugoroba kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu…

- Advertisement -

RIB ifunze Yampano “ubanye n’umugore we ku miguruko”

Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwahamije ko Uworizagwira Florien, wamamaye nka Yampano, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha bitandukanye. Umuvugizi wa RIB,…

- Advertisement -

Nta murwayi wa Ebola uragaragara mu Rwanda – MINISANTE

Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko kugeza ubu mu Rwanda nta murwayi w’icyorezo cya Ebola uragaragara mu Rwanda ndetse ko iri gukurikiranira…

Zikunzwe

Kwamamaza

Haraganirwa uko abanyeshuri bazajya batozwa imikino gakondo

Intebe y'Inteko y'Umuco, Ambasaderi Robert Masozera, yavuze ko hari ibiganiro biri guhuza abafatanyabikorwa mu burezi mu rwego rwo kureba ko…

Imipaka ibiri yo muri Rusizi na yo yafunzwe

Ubuyobozi bw’akerere ka Rusizi bwatangaje ko imipaka ya Rusizi I na Rusizi II, ihuza u Rwanda na Congo yafunzwe mu…

Ubuzima

Inkunga America yahaga urwego rw’Ubuzima ku Isi kuba yaragabanutse “ngo byahaye urwaho Ebola”

Itsinda ritanga ubutabazi ry’Abanyamerika ryitwa International Rescue Committee rivuga ko kuba ubutegetsi bwa Donald Trump bwaragabanyije amafaranga Amerika yahaga Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) byakomye mu nkokora ibikorwa…

U Burusiya n’u Rwanda basinye amasezerano y’ubufatanye mu buvuzi

Minisitiri w’Ubuzima w’u Burusiya, Mikhail Murashko, hamwe na Minisitiri w’Ubuzima w’u Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, bagiranye ibiganiro byibanze ku guteza imbere ubufatanye hagati y’ibihugu byombi mu rwego rw’ubuzima. Hari mu…

- Advertisement -

Imikino

- Advertisement -

Imyidagaduro

Hashinzwe urubuga ruzafasha abahanzi gucuruza imiziki yabo

Abahanzi badasiba gutaka gukora ibihangano ariko bagataka ko byinjiriza abandi, bikabagiraho ingaruka zinyuranye, bashyiriweho urubuga rwiswe Flolup rwo kumva no gusakaza imiziki, rukabinjiriza agatubutse. Flolup.com ni urubuga rwo kumva no…

4 Min Read

Bruce Melodie ku rutonde rw’abahataniye ibihembo bitangirwa i Rubavu

Bruce Melodie uri mu bahanzi bamaze kugwiza ibigwi mu muziki nyarwanda, ari ku rutonde rw’abahatanye mu bihembo bya “Rubavu Music Awards & Talent Detection” bigiye gutangwa ku nshuro ya kabiri.…

3 Min Read
- Advertisement -

Amahanga

Imyigaragambyo ikomeye yubuye i Nairobi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2026,…

2 Min Read

Update: Imodoka za Anita Among zafatiriwe

Imodoka za Anita Among wahoze ari Perezida w'Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda…

2 Min Read

Umujyanama Mukuru wa Museveni yaguye mu mpanuka

Umujyanama wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni ku mirimo yihariye, ndetse akaba n’umuyobozi…

1 Min Read

Weekend yaranzwe n’imiborogo muri Kivu y’Amajyepfo

Mu gihe iyi weekend yasize benshi mu kanyamuneza mu bice bitandukanye by’isi,…

3 Min Read

Uganda: Perezida w’Inteko arakekwaho ruswa

Abashinzwe umutekano bakora  mu nzego za Uganda bataye muri yombi abantu babiri…

1 Min Read

Umunyemari Kabuga Félicien yapfuye

Kabuga Félicien wavuzwe cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku kuyibera umuterankunga, yapfuye…

2 Min Read

Amabuye y’agaciro mashya yavumbuwe muri Congo yateje imvururu

Imirwano ikomeye yabaye ku wa Gatanu hagati y’abaturage bo mu gace ka…

2 Min Read

Uganda yohereje muri Congo umurambo w’uwishwe na Ebola

Minisiteri y'Ubuzima muri Uganda yatangaje ko muri iki Gihugu habonetse umurwayi w'icyorezo…

1 Min Read

Impaka z’urudaca ku yobora Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda

Impaka zavutse ku muyobozi uzatorerwa kuyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, nyuma…

2 Min Read

Ibyo Amerika yemeranyije n’u Bushinwa biracyari urujijo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuye i Beijing…

9 Min Read

Ebola yubuye umutwe muri Congo iri guhitana benshi

Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (Africa…

2 Min Read

Congo yasabye Amerika gusubirana umwimukira wayo

Ubucamanza bwa Leta zunze Ubumwe za Amerika bwategetse ko umwe mu bimukira…

2 Min Read
- Advertisement -

Utuntu'utundi

- Advertisement -

Top Stories

World News

Amatorero yasabwe kwigisha ivugabutumwa rizira amacakubiri

Umuyobozi Nshingwabikorwa Wungirije w’Akarere ka Kicukiro, Monique Huss, yasabye amadini n’amatorero kujya atanga inyigisho n’ivugabutumwa rizira urwango, ryimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda.…

Gitifu wakatiwe igifungo cy’imyaka 7 n’amezi atandatu yahise ajurira

*Gitifu yireguye avuga ko umukozi wa RIB ari we wacuze umugambi wo kumufungisha Gisagara: Gitifu w'umurenge wa Mamba mu karere…

- Advertisement -
Ad image
- Advertisement -
Ad image

Sport

Karasira Aimable bitaga “Professor Nigga” yashyinguwe

Karasira Uzaramba Aimable wamamaye nka Prof Nigga, wapfuye ubwo yiteguraga gutaha nyuma yo kurangiza igifungo cy’imyaka itanu mu Igororero rya…

Gukora kinyamwuga! Al-Hilal yerekanye ubwambure bwa ruhago y’u Rwanda

Nyuma y’umwaka umwe gusa imaze ikina Shampiyona y’u Rwanda ndetse ikayegukana, Al-Hilal SC yo muri Sudani, yaranzwe no kubaho kinyamwuga…

Abaganga bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda “bararegwa kwica”

Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y'urukiko bahakana gusiragiza…

- Advertisement -
Ad image

More News

Zuena, umukobwa wo kwitega mu ruhando rwa muzika nyarwanda

Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse…

Zoravo yijeje ibyishimo mu gitaramo cya Jado Sinza

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana muri Tanzania, Harun Laston yageze mu Mujyi wa Kigali aho yatumiwe mu gitaramo…

Zion Temple Ntarama yateguye igiterane kizaberamo n’isiganwa ryiswe”RUN 4JESUS”

Zion Temple Ntarama, rimwe mu matorero ya Zion Temple Celebration Center ku Isi, igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka itanu imaze ishinzwe,…

Zion Mukasa yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”

Zion Sulaiman Mukasa Matovu, umwanditsi, umukinnyi n’umuyobozi wa filime, yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”, igaragaza ko ukomoka mu muco w’Abanyarwanda…

Zimwe muri Kaminuza zafashe icyemezo cyibuza uwinjira mu kigo atarikingije COVID-19

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 078877281 Amwe mu mashuri ya Kaminuza zo mu Rwanda, yafashe icyemezo gikumira abanyeshuri biga…

Zimwe mu ngamba u Rwanda rwafashe muri CHOGM zishe uburenganzira bwa muntu – Raporo

Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Right Watch (HRW), muri raporo yayo ya 2022 ku burenganzira bwa muntu,…

Zimwe mu mpunzi z’Abarundi zatashye ku bushake

Impunzi z'Abarundi 95 zambutse umupaka uhuza u Rwanda n'u Burundi, zitashye iwabo ku bushake, kikaba ari icyiciro cya 65 cy'Abarundi…

Zimbabwe: Perezida yavuze imbwirwaruhame amurikiwe n’itoroshi

Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yavuze imbwirwaruhame amurikiwe n'itoroshi nyuma y'uko umuriro umuburiyeho ari kuvuga ijambo mu Nteko Ishinga Amategeko.…

Zimbabwe yiteguye kohereza mu Rwanda abarimu yasabwe na Perezida Kagame

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Zimbabwe yavuze ko yatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida Paul Kagame bwo guha u…

Zimbabwe yashimiye u Rwanda rwayihaye inkunga ya toni 1000 z’ibigori

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu wa Zimbabwe, Daniel Garwe, yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye inkunga ya toni 1000 z’ibigori, agaragaza…

Zikama Tresor yahishuye imvano yo kuririmbira Imana-VIDEO

Umuramyi Zikama Tresor uherutse gushyira hanze indirimbo yise ‘Ni Muzima’ yahishuye ko inganzo yo kuririmbira Imana yayikomoye ku babyeyi be…

ZIGAMA CSS yungutse  Miliyari 22.8 Frw mu 2022

Ikigo cy’Imari cyo kuzigama no kuguriza (ZIGAMA CSS) cyatangaje ko cyungutse  miliyari zisaga 22.8 frw   mu mwaka wa 2022, akaba…

Zigama CSS yegukanye Irushanwa rihuza ama-Bank

Bank ya Zigama CSS yatsinze Equity Bank ibitego 3-2, yegukana igikombe cy’irushanwa rihuza ama-Bank, “Inter-Bank” mu gihe Bank ya Kigali…

Zidane ni izina rinini! Noël Le Graët yegujwe

Nyuma y'amagambo arimo agasusuguzo yavuze kuri Zinedine Zidane, uwari umuyobozi w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Bufaransa , Noël Le Graët yegujwe…

Zephanie Niyonkuru wari Umunyamabanga Uhoraho muri MINISPORTS yirukanywe

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena 2024, yavanye ku mirimo Zephanie Niyonkuru wari Umunyamabanga Uhoraho…