Abafana ba Rayon Sports bari bacyereye ibirori, umunsi wa none wari amateka yo guhabwa igikombe batsidiye uyu mwaka nyuma y’iminsi irenga 3825 bagitegereje, bagihawe ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade Amahoro warangiye ariko batsinzwe na Espoir FC ibitego 3 ...
Mushimiyimana Elizabeth w’imyaka 40 wo mu murenge wa Kanama yabyaye igisimba kimeze nk’urukwavu, akaba yahise ajyanwa ku kigo nderabuzima cya Karambo aho bamugejejeyo iki kintu yabyaye cyapfuye.
Mushimiyimana yafashwe n’inda yeri igeze ku mezi umunani kuwa 24 Gicurasi maze abagore baturanye ...
Ahagana saa mbili na mirongo itanu z’ijoro ryo kuri uyu wa gatanu tariki 24/05/2013, abaturage bo mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze, bakanzwe n’urusaku rw’amasasu gusa kugeza ubu icyateye aya masasu ntikiramenyekana.
Nubwo abaturage bacyetse ko amasasu yavugiye mu ...
Nkuko biteganywa n'itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116; kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2013, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abaminisitiri bakurikira:
1. Minisitiri w'ubutabera/Intumwa nkuru ya Leta: Bwana ...
Mu Karere ka Huye harimo kubakwa gare y’imodoka igezweho, izatwara akayabo ka miliyari imwe na miliyoni 100, niyuzura ikazaba ifite ubushobozi bwo kwakira imodoka zibarirwa hagati ya 400 na 500 icyarimwe.
Mu kiganiro yagiranye n’UMUSEKE.RW, Nshimiyimana Vedaste umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka ...